Ubanza inkoni yakubise mukeba wayo, APR FC , itayirengeje urugo kuko kuri iki Cyumweru, n’ubundi kuri Stade Mpuzamahanga ya ...
Umuhanzi mpuzamahanga w'Umunyamerika John Legend ategerejwe i Kigali aho aririmba mu gitaramo "Move Africa" giteganyijwe ...
Ibihumbi by'abiganjemo urubyiruko n'abakuze bakunda kwidagadura no kuruhuka, bitabiriye igitaramo cy'Urwenya cya Gen Z Comedy Show batahanye ibyishimo byuzuye nyuma yo gusetswa n'abanyarwenya barimo ...
Mu ijambo rye ry’ikaze, Gen Mubarakh yashimangiye umubano mwiza hagati y’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Nigeria, cyane cyane mu bijyanye no kongerera ubushobozi abasirikare.
Mu ijoro ryo ku wa 21 Gashyantare 2025, Umuhanzi mpuzamahanga w’Umunyamerika, John Legend yasusurukije mu buryo budasanzwe Abanya -Kigali bitabiriye igitaramo cya Move Afrika cyari kibaye ku nshuro ya ...
John Legend utegerejwe mu gitaramo cya Move Afrika, yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu. Iki gitaramo aririmbamo giteganyijwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki 21 Gashyantare ...
Urwego rw'Igihugu rushinzwe guteza imbere tekinike imyuga n'ubumenyingiro (RTB) ruvuga ko 86% by’abanyeshuri bigira ku murimo bahita babona akazi, kubera ubumenyi bakura mu nganda zifitanye ...
Nyuma y'aho u Rwanda rutangaje ko rwahagaritse gahunda y’ubutwererane n’Igihugu cy’u Bubiligi, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko iki cyemezo cyafashwe kubera ...
Guverinoma y'u Rwanda iramagana ubusabe w'Abagize Inteko Ishinga Amategeko y'Umuryango w'Ubumwe bw'Ibihugu by'u Burayi, yateranye igasabira ibihano u Rwanda hamwe n'abasirikare bakuru barwo. Ni Inteko ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kibukije Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kuzirikana ko icyorezo cya SIDA ntaho cyagiye, gishimangira ko uburyo bumwe bwizewe bwo kucyirinda ari ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results